Ukwizera kwacu tukongere mu mirimo y´Imana kuko hari ugutabagwa 13.04.2019

Ukwizera kwacu tukongere mu mirimo y´Imana kuko hari ugutabagwa

Ubutumwa bwa 13.04.2019

Umwami wacu Yesu Kristo yaje kw´isi kugirango atubere urugero rwiza  rwo gukorera Imana. Mu kuza kwiwe yari fite intumbero yo kutubohora, kuduhumura amaso kugirango tubashe kuronka Ubwami bw´Ijuru. Luke 4:18

Luke 4:22. Yesu Kristo yatanze ingero zabatabawe muri ico gihe atari uzo hari habuze abandı. Kuba twaratoranijwe nútuntu bw´Imana kuko hari benshi barigutoranywa ariko ntacyo twatanze kugirango turonke agakiza.

Ivyahishuwe Yohana: Turahiriwe kuba twaratorewe kwitwa abana mu rugo kwa Data.

Heb. 11 Kumenya icyo kwizera ari co ni vyigenzi.   Kwizera ni ukumenya rwose ibyiringirwa udashyidikanya ko bitazaba, kandi ni ko kuduhamiriza ibyo tutareba ko ari iby´ukuri.

Heb 11:24 Mu kwizera Mose yagize amaso yo muri Mpwemu kuko yabonaga ibyo Imana imuteganyiriza ari beo byiza kuruta biyo yari arimwo muri Egiputa. Hagize guhitamwo neza. Natwe ni cyo Imana itugomba ko tuba mu kibanza Imana idushakamwo kugirango turonke ibyo Imana yaduteganyirije.

2 Abami 4:8-17 Umugore w´ishunemu atwigisha ko gukorera Imana n´umutima wacu wose ari ibyo Imana ibona ndetse ikabiduhera impembo iruta iyo turonka mw´isi. Mu gukorera Imana kandi hari ugutabarwa ku bwacu ndetse no ku bacu.

Iyo twizeye Imana tuguma mu kibanza Imana idushakamwo kugirango dukore imirimo yayo dushizeho umwete. Umutima ushiramwo kugirango imirimo y´Imana igende neza ntabwo Imana yawirengiza.

Yesaya 38:1-8 Hezekiah yagendeye mu by´ukuri agira n´umutima utunganye akora ibishimwa n´Imana. Turagomba gukorera Imana n´imitima itunganye. Twiyambure icyo cyose cy´umwijima muri twe dusabe Imana iduhe imitima itunganye kugirango imirimo yacu ishimwe n´Uwiteka kuko hari ingororano hano mw´isi ndetse n´ubugingo  buhoraho. Amen.

 

This entry was posted in Archives. Bookmark the permalink.

Leave a Reply

Fill in your details below or click an icon to log in:

WordPress.com Logo

You are commenting using your WordPress.com account. Log Out /  Change )

Facebook photo

You are commenting using your Facebook account. Log Out /  Change )

Connecting to %s