IMANA N`IMANA 10.03.2018

IMANA N`IMANA

Ubutumwa bwa 10.03.2018

Imana yatoranyije Mose ngo ajye gukura ubwoko bwayo mu bucakara. Muri urwo rugendo twigiyemwo byinshi ko Imana yacu itoranya abayikorera ukwishaka .yabakuye kwa Farawo n`ukuboko gukomeye, Imana yacu niyibitangaza,kwirinda kwitotombera Imana,gukorera ijuru. Imana yadukuye muri byinshi bitandukanye itwitaho ndetse iduha kuyikorera mubitandukanye. Dukwiye guhagarara neza mu mwanya Imana yaduhaye, tugire intego yo guharanira ijuru.

ABAROMA:8:31-39 Ubwo Imana iri mu ruhande rwacu umubisha ni nde. Iri jambo ribwira uwamaze gutahura urukundo rw,Imana bakayubaha kandi bakayitinya.Satani yabwiye Imana ngo Yobu agukiranukira kuko wamuhezangiye.reka satani aturege ibyiza ntaturege ibyaha turimwo. Twibuke impamvu ituma twarafashe icyemezo cyo kuyikurikira itume umutima wacu waguka. Umuntu usize umwana mu bitaro akaza gusenga nuko aba afite impamvu iba imusunika.reka dushyike aho twumva ko byaba bitaba, twarwara twaba bazima,twabyara twaba ingumba ko Imana ari Imana.Ntagikwiye kudutandukanya n`urukundo rw`Imana.

YOHANA 15:9-16 Isi nta munezero iduha.twakire umunezero uva k`Uwiteka. Dukundane nkuko yadukunze. Petero ati mbonye ko Imana idatoranya k`ubutoni. Ahubwo mu isi yose uyubaha agakora ibyo gukiranuka iramwemera. Twemere itubumbe uko ishaka kuko ni we uzi imyicarire yacu imiryamire nikiri k`umutima.

This entry was posted in Archives. Bookmark the permalink.

Leave a Reply

Fill in your details below or click an icon to log in:

WordPress.com Logo

You are commenting using your WordPress.com account. Log Out /  Change )

Facebook photo

You are commenting using your Facebook account. Log Out /  Change )

Connecting to %s