Inyingisho ya 09.11.2013.

Twemerere umutima wacu uganzwe na mpwemu w,Imana. Twatangiye dufata akanya keza ko guhimbaza Imana,kuko guhimbaza Imana harimo imbaranga . Twasomye mu ibyakozwe n,intumwa :2:1-13Yesu yabwiye intumwa ze ati ndangiye nzaboherereza mpwemu wanjye. Igihe bari mu cyumba kuko bari bahuje umutima n,Inama yaboherereje mpwemu bavunga no mu ndimi. Abayuda ba banyedini bati ibi n,iki? basinze ihira. reka dukure ikintu cyose cyatubuza kwakira uwo mpwemu kandi twirinde gutuka mpwemu kuko ari icyaha kitababarirwa iteka. Mariko:3.20-22, 3:28-30. Yabahaye impano zitandukanye zinyuze muri mpwemu. Bamwe gukora ibitangaza,gukiza indwara,ijambo ry,ubwenge.kwizera…… Dushyire ubwenge bwacu hasi .Duce bugufi kuko aricyo adushakaho.1 Abakorinto;1:26-31,yesaya57:15-16. Yadutoranyije muri benshi itungira abana bayo. AMEN.

This entry was posted in Archives. Bookmark the permalink.

Leave a Reply

Fill in your details below or click an icon to log in:

WordPress.com Logo

You are commenting using your WordPress.com account. Log Out /  Change )

Facebook photo

You are commenting using your Facebook account. Log Out /  Change )

Connecting to %s