Dufite Amaso yo muri Mpwemu tubona Ubuntu bw’Imana. 16.03.2013

Niba twahumukaga amaso yo muri mpwemu tukabona ubuntu bw,Imana budukikuje imbere,inyuma n,impande zose ntabwoba twangira. Kera twari tuboshywe n,ibyaha bitandukanye. ubuntu buraza buratubatura turidegembya.  Imana yaturemye muburyo budasanzwe iremera iduha ishusho yayo. kuki itaturemye mu yindi shusho? Ni ubuntu bwayo. 1korent.15: 10-11. Umukozi w,Imana Pawulo yatubwiye uburyo ubuntu aribwo bwatumye aba uko ari kandi ko ubwo buntu atabupfushije ubusa. Ubuntu bw,Imana butuma tuba abo turibo  iyo twabitahuye kandi dukora  ibihimbaza uwiteka,twera imbuto kugirango abandi batwigireho. Matayo11:25-27ibanga yaduhishuriye, yabihishe abanyabwenge n,abahanga. N,ubuntu butangaje Yesu araduhamangara ngo tuzane imitwaro yacu aturuhure. Yohani15:9-17 Aratwiginga ngo twitondere amategeko ye,tuve mu byaha,dukundane. Hanze aha hariho abagowe,abadafite ahobaba,ibyo kurya. Twe turi mubuntu nicyo waba wita ikibazo k,ubwubuntu bw,Imana n,ubusa. Reka twizere ubwo buntu .

This entry was posted in Ubutumwa. Bookmark the permalink.

Leave a Reply

Fill in your details below or click an icon to log in:

WordPress.com Logo

You are commenting using your WordPress.com account. Log Out /  Change )

Facebook photo

You are commenting using your Facebook account. Log Out /  Change )

Connecting to %s